nkunda ababyeyi banjye
21/10/2011 22:12
Nkunda ababyeyi banjye |
![]() Data na mama barababara cyane iyo ndwaye, maze bakihutira kunjyana kwa muganga. Ntibatuza kumbwiliza gukora neza no kumbuza gukora nabi. Ni bo bambwiye kujya mu ishuli kwiga ubwenge n'imico myiza, Nanjye ndabakunda cyane. Nzagerageza kubumvira mu byo bantegeka no mu byo mbwiliza byose. Kandi sinzibagirwa no kwiga neza kugira ngo nzakure nzi ubwenge, maze nzabone uko nitura ababyeyi banjye ibyiza bangiliye. Ndi ingangare y'isata yasa abahizi Milindi y'abasore Rubanzilizangabo. Ndi ingangare y'isata yasa abahizi Milindi y'abasore Wampaye inka munsi y'urugo kwa Mabukwe. |